KU ISOKO Y’IJABO RY’UBUKRISTU: 4. Ikibazo cy’iyobera cyavutse gute mu mateka?

Hari ikintu cyabaye mu mateka gishaka kuba ukwigaragaza kw’ibyari biteganyijwe ko iyobera ryinjiye mu murongo w’amateka, bityo na ryo rikabamo, rigatera ku butaka mbese rikaba mu bantu. Twabonye ko uko igitekerezo cy’iyobokamana kigendera kure icyifuzo cyo kwiyitiranya n’Imana, ari ko kigenda kirushaho kuba igitekerezo kizima. Noneho rero tugeze aho tugomba guhangana n’iyobokamana nk’ikintu kiriho ariko…