Skip to content
IBIRANGAMUCO NYARWANDA

IBIRANGAMUCO NYARWANDA

  • AHABANZA
  • ABO TURI BO
  • MUTUGANE
  • INYANDIKO
Facebook X Instagram Email Phone
  • IMBYINO
  • UMUHAMIRIZO W’INTORE
  • UMURISHYO W’INGOMA
  • UBUVANGANZO
IBIRANGAMUCO NYARWANDA
IBIRANGAMUCO NYARWANDA
  • AHABANZA
  • ABO TURI BO
  • MUTUGANE
Facebook X Instagram
  • Ubuvanganzo nyandiko

    ICYUMVIRO CY’IYOBOKAMANA: 1.6. Kwigomwa kugira ngo wibohore

    Byromytabaruka 30/05/202631/05/2026

    KWIGOMWA KUGIRA NGO WIBOHORE (ASCESIS FOR LIBERATION) Nashakaga rero kuvuga nti: niba dushaka gukura tudashukwa, tudatandukanywa n’ukuri kwacu, tudakubitwa cyangwa kudakorerwa nabi n’abandi, tugomba kwitoza kugereranya byose n’ubu bunararibonye bw’ibanze. Mu by’ukuri, rero, ndatanga inshingano itoroshye kandi itari imeneyrewe cyane. Mu buryo busanzwe, ibintu byose byigwa hakurikijwe imyumvire isanzwe y’abantu benshi, iyoborwa kandi ishyigikirwa n’abo…

    Read More ICYUMVIRO CY’IYOBOKAMANA: 1.6. Kwigomwa kugira ngo wibohoreContinue

  • Ubuvanganzo nyandiko

    ICYIYUMVO CY’IYOBAMANA: 1.3 & 1.4

    Byromytabaruka 30/05/202631/05/2026

    IGIPIMO ISUZUMA RISHINGIRAHO None rero, twibaze: “Ni hehe dushobora kubona igipimo kidufasha gusuzuma ibyo tubona bibera muri twe?” Hari inzira ebyiri zishoboka: gukura igipimo dushingiraho mu kwisuzuma hanze yacu, cyangwa se tukagisanga muri twe ubwacu. Nituramuka duhisemo inzira ya mbere, tuzahita twinjira mu kibazo cyo kudutanya na kamere (alienation) twasobanuye mbere. N’ubwo twaba twaratangiye ubushakashatsi…

    Read More ICYIYUMVO CY’IYOBAMANA: 1.3 & 1.4Continue

  • Ubuvanganzo nyandiko

    ICYUMVIRO CY’IYOBOKAMANA: 1.2.Ubunararibonye busaba isuzuma

    Byromytabaruka 30/05/202631/05/2026

    UBUNARARIBONYE BUSABA ISUZUMA (EVALUATION) Kugeza ubu, twasuzumye gusa intambwe za mbere z’uburyo bwo gukora ubushakashatsi. Nyuma yo gukora ubushakashatsi bushingiye ku mibereho yanjye bwite (existential inquiry), tugomba kumenya uko dusuzuma ibisubizo by’iri genzura twikoreye. Nubwo twaba twirinze gutandukanywa n’ibitekerezo by’abandi, ntituba twikijije inshingano yo gusuzuma ibyo twisanzeho kuri twe ubwacu mu gihe cy’ubushakashatsi. Mu by’ukuri,…

    Read More ICYUMVIRO CY’IYOBOKAMANA: 1.2.Ubunararibonye busaba isuzumaContinue

  • Ubuvanganzo nyandiko

    ICYUMVIRO CY’IYOBOKAMANA: 1.1. Inzira igenwa n’icyigwa

    Byromytabaruka 30/05/202631/05/2026

    INZIRA YO KWIGA IGENWA N’ICYIGWA: GUTEKEREZA KU BUNARARIBONYE BW’UMUNTU KU GITI CYE Igice Carrel yavuze cyadufashije neza gutangiza umutwe w’ihame rya mbere; kuko kugira ngo habeho ubushakashatsi bukomeye ku kintu icyo ari cyo cyose cyangwa ku gikorwa runaka, bisaba kwishingikiriza ku kuri nyakuri (realism). Iyo mvuga kwishingikiriza ku kuri nyakuri (realism), mba mvuga icyifuzo gikomeye…

    Read More ICYUMVIRO CY’IYOBOKAMANA: 1.1. Inzira igenwa n’icyigwaContinue

  • Ubuvanganzo nyandiko

    ICYUMVIRO CY’IYOBOKAMANA (1.5: Umuntu ni we wisuzuma nyabyo?)

    Byromytabaruka 30/05/202631/05/2026

    UMUNTU NI WE WISUZUMA NYABYO? Twavuze ko igipimo cyo kwisuzuma ku mubano wacu natwe ubwacu, n’abandi, n’ibintu, no ku hazaza kiri mu miterere yacu karemano. Ariko mu muryango w’abantu, niba hari miliyoni z’abantu baragereranya ubuzima bwabo n’isi, n’ahazaza, byagenda bite kugira ngo umuntu atajyaho agena byose ku giti cye, ku buryo umuntu ashobora kugira ububasha…

    Read More ICYUMVIRO CY’IYOBOKAMANA (1.5: Umuntu ni we wisuzuma nyabyo?)Continue

  • Ubuvanganzo nyandiko

    KU ISOKO Y’IJABO RY’UBUKRISTU (Umutwe wa 3)

    Byromytabaruka 29/05/202631/05/2026

    IYOBERA RYABAYE IKIMENYETSO GIFATIKA MU MATEKA Uko Roho ya muntu yiyumvisha umubano wayo n’Imana bigaragarira mu nyota yo guhishurirwa icyo Nyagasani ari cyo. Igishushanyo kigaragaza iyo nyota gishobora kumera gutya:                                                              Umurongo utambitse, ugaragaza amateka ya muntu. Hejuru yayo hatari kure cyane, hari inyuguti ya X iranga amaherezo ya muntu, iherezo, iyobera, “Imana”. Ku murongo…

    Read More KU ISOKO Y’IJABO RY’UBUKRISTU (Umutwe wa 3)Continue

  • UBUVANGANZO | Ubuvanganzo nyandiko

    IBARUWA IFUNGUYE

    Byromytabaruka 27/05/202631/05/2026

    KU BANA TWIGANYE MU WA MBERE, MU MWAKA WA 1975-76 Imyaka ishize ari myinshi. Namenye ko bamwe mukiriho abandi batabarutse. Batashye kwa Nyiribiremwa! Abakiriho mbaramukanyije urukumbuzi rwinshiiii! Mbega ukuntu amatage ari amatindi. Urabona ngo bamwe tube duherukana mu myaka 50 ishize. Keretse abo twakomezanyije mu ishuri rya Kabgayi B mu Gihungu ntibabacagurire mu Gikobwa! Muri…

    Read More IBARUWA IFUNGUYEContinue

  • Ubuvanganzo nyandiko

    KU ISOKO Y’IJABO RY’UBUKRISTU (UMUTWE WA 2)

    Byromytabaruka 25/05/202631/05/2026

    Iyo umuntu atangiye gutekereza ku maherezo y’ubuzima bwe, yiyumvisha inzira agomba kunyura, kandi iyo nzira iba ihwanye n’amikoro afite. Ariko uko agenda arushaho gutekereza neza, uko arushaho kwiyumvisha neza intera y’icyo kibazo, niko agenda anarushaho gushoberwa n’iyobera rihanitse, rikamubera nk’inkubi y’umuyaga imujijisha, cyangwa ubwigunge bumutera gushoberwa. Imana yonyine ni yo ishobora gufasha ku buryo bwiza…

    Read More KU ISOKO Y’IJABO RY’UBUKRISTU (UMUTWE WA 2)Continue

  • Ubuvanganzo nyandiko

    KWANDIKA IBITABO MU KINYARWANDA

    Byromytabaruka 02/05/202631/05/2026

    Kwandika ni umuco wazanywe n’abazungu mu kinyejana cya makumyabiri. Kwandika ariko bimaze kuba umuco uhamye mu Rwanda n’ubwo bitaragera ku rwego rwo kubigira umwuga utunze abantu benshi. Kwandika mu Kinyarwanda bihesha agaciro kandi bigateza imbere uru rurimi. Inkuru, amakuru, ubushakashatsi, ubumenyi bwavumbuwe, amateka,… byose ni inyandiko zishobora kujya mu Kinyarwanda. Dore urugero rw’igitabo kivuga ku…

    Read More KWANDIKA IBITABO MU KINYARWANDAContinue

  • Ubuvanganzo nyandiko

    KU ISOKO Y’IJABO RY’UBUKRISTU (UMUTWE WA 2), Ibikurikira…

    Byromytabaruka 18/02/202631/05/2026

    Iyo umuntu atangiye gutekereza ku maherezo y’ubuzima bwe, yiyumvisha inzira agomba kunyura, kandi iyo nzira iba ihwanye n’amikoro afite. Ariko uko agenda arushaho gutekereza neza, uko arushaho kwiyumvisha neza intera y’icyo kibazo, niko agenda anarushaho gushoberwa n’iyobera rihanitse, rikamubera nk’inkubi y’umuyaga imujijisha, cyangwa ubwigunge bumutera gushoberwa. Imana yonyine ni yo ishobora gufasha ku buryo bwiza…

    Read More KU ISOKO Y’IJABO RY’UBUKRISTU (UMUTWE WA 2), Ibikurikira…Continue

Page navigation

1 2 Next PageNext
  • Ubuvanganzo nyemvugo
  • Ubuvanganzo nyandiko
  • Imbyino
  • Ubwoko bw’imihamirizo
  • Ibikoresho byo gucuranga
  • Ingoma
  • UMUHAMIRIZO W’INTORE
Facebook X Instagram

© 2026 IBIRANGAMUCO NYARWANDA - WordPress Theme by Kadence WP

Search